MINISTER Olivier Nduhungirehe yagize icyo avuga ku masezerano yasinywe hagati ya M23 na Leta ya Congo yari yarabaye ibamba ivuga ko itakwicarana n'uwo mutwe yitaga inyeshyamba.
Anyuze kuri X yagize ati:"Amasezerano y’ubufatanye hagati ya Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’umutwe wa AFC/M23, yakozwe ku bufasha bwa Qatar, ni intambwe ikomeye ndetse ishobora no kuba iy’ingenzi iganisha ku mahoro arambye mu burasirazuba bwa RDC, igihe cyose izashyirwa mu bikorwa mu kuri no mu bwitange.
Ubu bushake bwo kugarura amahoro muri ako karere bujyana n’izindi gahunda zikomeje muri uku kwezi kwa Mata 2025, kandi u Rwanda narwo rukaba rwabigizemo uruhare rugaragara"
google.com, pub-8424431947926653, DIRECT, f08c47fec0942fa0
Olivier Nduhungirehe yagize icyo avuga ku masezerano yasinywe hagati ya M23 na Leta ya Congo yari yarabaye ibamba ivuga ko itakwicarana n'uwo mutwe yitaga inyeshyamba.
Anyuze kuri X yagize ati:"Amasezerano y’ubufatanye hagati ya Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’umutwe wa AFC/M23, yakozwe ku bufasha bwa Qatar, ni intambwe ikomeye ndetse ishobora no kuba iy’ingenzi iganisha ku mahoro arambye mu burasirazuba bwa RDC, igihe cyose izashyirwa mu bikorwa mu kuri no mu bwitange.
Ubu bushake bwo kugarura amahoro muri ako karere bujyana n’izindi gahunda zikomeje muri uku kwezi kwa Mata 2025, kandi u Rwanda narwo rukaba rwabigizemo uruhare rugaragara".
#Bienvenudo News