by Bienvenido Info
February 26th 2025.

Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyemezo by’Umuryango Mpuzamahanga mu kubogamira ku binyoma bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bitagamije ineza y’Abanyarwanda cyangwa iy’Abanyekongo ahubwo wibereye mu kurinda inyungu z’ubucuruzi. 

Yabigarutseho mu gihe amahanga yahagurukiye gufatira u Rwanda ibihano no kwirengagiza ugutabaza kwarwo kumaze imyaka ikabakaba 30 ku bibazo by’umutekano muke ikururirwa n’intambara z’urudaca zihora mu Burasirazuba bwa RDC. https:/bienvenudo

Bienvenido Info user

Bienvenido Info

[email protected]
Search Website

Search

Explore

Tags

Subscribe

Newsletter

WhatsApp Google Map

Safety and Abuse Reporting

Thanks for being awesome!

We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!

Have a great day!

Are you sure you want to report abuse against this website?

Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support