🇻🇪 Abasirikare ba Venezuela ntibashoboye guhagarika igitero cy’ingabo za Amerika!
Mu gitero cyo gushimuta Perezida Maduro, abasirikare barenga 100 baguye mu mirwano, abandi barakomereka.
Iki gitero cyari cyateguwe n’ingabo za Delta Force z’Amerika, zikoresha ikoranabuhanga rihambaye zizi no kurwanira ku butaka, mu mazi no mu kirere.
Perezida Maduro n’umugore we Cilia Flores nabo bakomerecye muriki gitero. Minisitiri w’ingabo muri Venezuela, Diosdado Cabello, yavuze ko abasirikare baguye muriki gikorwa cyiterabwoba bazahora bibukwa nk’intwari.
Umuyobozi w’agateganyo Delcy Rodríguez ubu yamaze gushyiraho icyumweru cyo kwibuka no kunamira abasirikare n’abaturage baguye muri icyo gitero.
💬 Ingabo z’Amerika zigaragaje ubuhanga, ariko abasirikare ba Venezuela nabo bagaragaje ubutwari nubwo ntacyo byamaze gupfusha abasirikare 100 muminota 30 gusa ni igihombo gikomeye.
🇻🇪 Abasirikare ba Venezuela ntibashoboye guhagarika igitero cy’ingabo za Amerika!
Mu gitero cyo gushimuta Perezida Maduro, abasirikare barenga 100 baguye mu mirwano, abandi barakomereka.
Iki gitero cyari cyateguwe n’ingabo za Delta Force z’Amerika, zikoresha ikoranabuhanga rihambaye zizi no kurwanira ku butaka, mu mazi no mu kirere.
Perezida Maduro n’umugore we Cilia Flores nabo bakomerecye muriki gitero. Minisitiri w’ingabo muri Venezuela, Diosdado Cabello, yavuze ko abasirikare baguye muriki gikorwa cyiterabwoba bazahora bibukwa nk’intwari.
Umuyobozi w’agateganyo Delcy Rodríguez ubu yamaze gushyiraho icyumweru cyo kwibuka no kunamira abasirikare n’abaturage baguye muri icyo gitero.
💬 Ingabo z’Amerika zigaragaje ubuhanga, ariko abasirikare ba Venezuela nabo bagaragaje ubutwari nubwo ntacyo byamaze gupfusha abasirikare 100 muminota 30 gusa ni igihombo gikomeye.