🇺🇸💥 President Trump ashaka gusenya NATO, ariko USA ntiyigeze itsinda intambara irwana yonyine!
Amateka y’ingabo za Amerika yerekana ko USA itigeze na rimwe itsinda intambara mpuzamahanga yonyine nta bufatanye n’abandi.
Nubwo hari urugero rwa Intambara ya 1812 yo kurwana n’Abongereza, ntabwo yarangiye USA ifite intsinzi ikomeye ihamye; yari intambara yarangiye ibintu bisa nk’uko byatangiriye kandi nta mwanya munini yigaragaje nko kuba “yatsinda” ari yonyine.
None rero, mu gihe Perezida Trump avuga ko ashaka gusenya NATO, abantu benshi baribaza:
❗ Ese USA ishobora gukora ibikorwa bya gisirikare yonyine?
❗ Ese Amerika ishobora gutera yonyine ibihugu nka Iceland, Canada, Iran, na Mexico nk’uko bivugwa mu migambi yayo?
Ibi byose bikomeje gutera urujijo kuko USA iri gutera umugongo inshuti zayo zakera mu muryango wa NATO, kandi amateka agaragaza ko ubufatanye mpuzamanga aricyo cyabaye intwaro ikomeye ya Amerika ku isi.
Ese wowe utekereza ko Amerika yabasha gukora intambara hanze yonyine ubwayo igatsinda?