by Bienvenido Info
November 4th 2025.

Bakundaniye mu yisumbuye, nyuma y’imyaka 18 bakora ubukwe bambaye impuzankano y’ishuri 

Umusore n'inkumi bakoze ubukwe nyuma y’imyaka 18 bakundana, basusurutsa imitima ya benshi ubwo bafatwaga amafoto bambaye impuzankano yo mu ishuri ryisumbuye aho urukundo rwabo rwatangiriye.

Emmanuel Friday Joseph na Grace Gideon Akpan bo muri Nigeria batangaje benshi kubera udushya twaranze ubukwe bwabo. 

Urukundo rwabo rwatangiye bakiri abanyeshuri mu mashuri yisumbuye, muri Comprehensive Secondary School Ediene Abak, aho bakundaniye kugeza ubwo basezeranye kubana byemewe n’amategeko mu birori byabaye tariki ya 11 Ukwakira 2025.

Emmanuel yatangaje ko yahuye na Grace ubwo yari avuye mu cyiciro rusange cy'amashuri yisumbuye ajya kwiga mu cyiciro gisoza amashuri yisumbuye [A' Level]. Yagize ati: “Nasanze ari umukobwa ufite ubwenge kandi wuje uburanga. Yarigaragazaga mu ishuri, ahita akurura amaso yanjye.”

# inyarwanda.com #kenya

Bienvenido Info user

Bienvenido Info

[email protected]
Search Website

Search

Explore

Tags

Subscribe

Newsletter

WhatsApp Google Map

Safety and Abuse Reporting

Thanks for being awesome!

We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!

Have a great day!

Are you sure you want to report abuse against this website?

Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support