by Bienvenido Info
November 4th 2025.

Uhuru Kenyatta yagize ati:
‘’Bagabo namwe Bagore muri aha sinshaka kwigira mukuru ngo ngeze aha sogokuru wanjye,ariko ukuri kudashingiye ku myaka
yanjye ni uku:’’IBY’ISI NI GATEBE GATOKI.’’

Nabonye uwari nyiri amazu,ahinduka umupangayi mbere yo gupfa kwe.

Nabonye uwagendaga mu modoka nziza ya Benz,anyonga igare ngo abone icyo kurya.

Nabonye uwari umunyeshuri ayobora ikigo yizeho,kandi abamwigirishijeho bose bakihigisha n’ubundi.

Nabonye umusore atereta umukobwa akamwanga,yagira aho agera uwamwanze akamusaba kumuharika.

Nabonye aho uwari umushoferi agura imodoka y’uwari shebuja.

Nabonye aho uwari intwari ahinduka umucakara.

Mu buzima ntawe uzi icyo ejo hahatse,bityo rero ntukizere ubuzima.
Ntuzibagirwe ko utagomba gucira abantu imanza,utaramenya inkuru yabo yose kuko n’igiceri kigira impande ebyiri zitandukanye.
Ngaho rero girira mugenzi wawe nk’uko wakwigirira.
Mukundane mugirirane neza,mureke kwigira abanyabwenge ku bwanyu,kuko tutazi icyo ejo hatuzigamiye.

Ubuzima ni gatebe gatoki,kandi twahishwe iby’ejo……..

Bienvenido Info user

Bienvenido Info

[email protected]
Search Website

Search

Explore

Tags

Subscribe

Newsletter

WhatsApp Google Map

Safety and Abuse Reporting

Thanks for being awesome!

We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!

Have a great day!

Are you sure you want to report abuse against this website?

Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support