Clapton Kibonge n'umugore we Ntambara Jacky bagiye gukora ubukwe nyuma y'imyaka umunani babana nk'umugabo n'umugore nyuma yo gusezerana imbere y’amategeko.
Clapton yemeje ko we n’umugore we bagiye gukora indi mihango y’ubukwe yari isigaye harimo uwo gusaba no gukwa no gusezerana imbere y’Imana.
Imihango y’ubukwe bwa Clapton Kibonge n’umugore we Ntambara Mutoni Jacky babyaranye abana batatu, iteganyijwe ku wa 4 Mata 2026.
Umuhango wo gusaba no gukwa uteganyijwe kubera i Rwempasha mu Karere ka Nyagatare ku wa 4 Mata 2026. Bazahita banasezerana imbere y’Imana bizabera Gasinga Miracle Center i Rwempasha.
Clapton Kibonge n'umugore we Ntambara Jacky bagiye gukora ubukwe nyuma y'imyaka umunani babana nk'umugabo n'umugore nyuma yo gusezerana imbere y’amategeko.
Clapton yemeje ko we n’umugore we bagiye gukora indi mihango y’ubukwe yari isigaye harimo uwo gusaba no gukwa no gusezerana imbere y’Imana.
Imihango y’ubukwe bwa Clapton Kibonge n’umugore we Ntambara Mutoni Jacky babyaranye abana batatu, iteganyijwe ku wa 4 Mata 2026.
Umuhango wo gusaba no gukwa uteganyijwe kubera i Rwempasha mu Karere ka Nyagatare ku wa 4 Mata 2026. Bazahita banasezerana imbere y’Imana bizabera Gasinga Miracle Center i Rwempasha.