by Bienvenido Info
January 10th 2026.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Dr. Bizimana Edouard, yararuciye ararumira nyuma yo kwibasira Leta ya Qatar, akavuguruzwa na Perezida Evariste Ndayishimiye.


Hafi ya buri munsi, Minisitiri Bizimana yakoreshaga urubuga nkoranyambaga rwa X, ashyiraho ubutumwa bwiganjemo ubwibasira u Rwanda.

Byahinduye isura tariki ya 3 Mutarama 2026. Uwo munsi, Minisitiri Bizimana yashinje Leta ya Qatar kwifashisha ijambo n’amafaranga ifite mu gutuma Leta Zunze Ubumwe za Amerika zidafatira u Rwanda ibihano.

Injira muri WhatsApp Channel yacu unyuze aha: 👇🏾👇🏾👇🏾
‎https://bienvenudo.com

Bienvenido Info user

Bienvenido Info

[email protected]
Search Website

Search

Explore

Tags

Subscribe

Newsletter

WhatsApp Google Map

Safety and Abuse Reporting

Thanks for being awesome!

We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!

Have a great day!

Are you sure you want to report abuse against this website?

Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support