RDB irigukusanya amakuru y'ibyabereye muri hotel Chàteau le Marara
Umuyobozi w'Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), Jean-Guy Afrika yavuze ko bamenye ibyabereye muri Chateau le Marara ndetse ko bari gukusanya ibimenyetso byose kugira ngo hagire icyemezo gifatwa.
Jean-Guy Afrika yabwiye The News Time ati "Twamenye iby'icyo kibazo kandi turi gukusanya amakuru y'ibyabaye kugira ngo tumenye ukuri. Icyemezo cyose kizafatwa kizaba kigendanye n'amategeko agenga ubukerarugendo mu Rwanda."
Mr & Mrs Musemakweli binubiye serivise bahawe muri chàteau le marara byumwiharuko mu birori by'ubukwe bwabo bwahateguriwe bityo bakaba bifuza ko basubizwa amafaranga y'ijoro rimwe nk'icyiru cya serivise mbi bahawe.
Basaba kandi ko chàteau le marara yasaba imbabazi ku karubanda ndetse bakanakosora ibitaragenze neza.
RDB irigukusanya amakuru y'ibyabereye muri hotel Chàteau le Marara
Umuyobozi w'Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), Jean-Guy Afrika yavuze ko bamenye ibyabereye muri Chateau le Marara ndetse ko bari gukusanya ibimenyetso byose kugira ngo hagire icyemezo gifatwa.
Jean-Guy Afrika yabwiye The News Time ati "Twamenye iby'icyo kibazo kandi turi gukusanya amakuru y'ibyabaye kugira ngo tumenye ukuri. Icyemezo cyose kizafatwa kizaba kigendanye n'amategeko agenga ubukerarugendo mu Rwanda."
Mr & Mrs Musemakweli binubiye serivise bahawe muri chàteau le marara byumwiharuko mu birori by'ubukwe bwabo bwahateguriwe bityo bakaba bifuza ko basubizwa amafaranga y'ijoro rimwe nk'icyiru cya serivise mbi bahawe.
Basaba kandi ko chàteau le marara yasaba imbabazi ku karubanda ndetse bakanakosora ibitaragenze neza.