Select a date and time slot to book an Appointment
Date Of Appointment
Saif al-Islam Gaddafi ntiyiciwe muri Libya.
Ahubwo, aracyariho kugeza ubu.
Iby’ingenzi byabayeho:
Mu 2011, nyuma yo guhirikwa kwa se Muammar Gaddafi, Saif al-Islam yarafashwe n’inyeshyamba i Zintan.
Yaje gucirwa urubanza muri Libya, ahanishwa igihano cy’urupfu adahari (in absentia) mu 2015.
Mu 2017, raporo nyinshi zagaragaje ko yarekuwe hashingiwe ku itegeko ry’imbabazi.
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwamushakaga ku byaha by’intambara, ariko Libya yakomeje kuvuga ko ikibazo kiri mu nkiko zayo.
Mu 2021–2023, Saif al-Islam yagaragaye mu ruhame ndetse agerageza no kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu (nubwo byateje impaka n’imbogamizi).
Umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya imyaka 42 kugeza mu 2011, Saif al-Islam Gaddafi, yiciwe muri iki gihugu cy’Abarabu.
Al Jazeera yatangaje ko Saif al-Islam Gaddafi, yishwe ku wa 3 Gashyantare 2026. Yaguye mu Mujyi wa Zintan uherereye mu burengerazuba bwa Libya, aho yari amaze imyaka hafi 10 aba.
Urupfu rw’uyu mugabo w’imyaka 53 rwemejwe na Abdullah Othman, usanzwe ari umwe mu bajyanama be mu bya politiki.
Saïf al-Islam Kadhafi yiciwe muri Zintan( mu majyaruguru agana uburengerazuba bwa Libya ,mu gitero byemejwe ko yakozweho n’abagabo 4 bitwaje intwaro…
Yafatwaga na benshi nk’ushobora kuzategeka iki gihugu , abandi bamubona nk’uwo abanyaLibya benshi bahuriyeho, bumvikanaho nk’uwaba Prezida wa Libya yose , mu gihe ubu habarizwa ubutegetsi bwinshi mu bice bitandukanye bunahanganye…
Niwe washyize ahagaragara iby’amafaranga ya Libya Nicolas Zarkozy yahawe yiyamamariza kuyobora u Bufaransa , yanakomeje kugaruka cyane ku byabye muri Libya mu 2011, ubwo se yicwaga n’abarwanyi babifashijwemo na Otan
We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!
Have a great day!
Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support