Umuraperi Papa cyangwe yifatanyije n’umuhanzi Yampano mu bihe bikomeye ari kunyuramo nyuma yo guhishura ko yamaze gutandukana n’umukunzi we.
Ku munsi w’ejo ni bwo Yampano yahamirije ISIMBI ko yamaze gutandukana n’umukunzi we Uwineza Diane bari mu rukundo ndetse wanagaragaye mu mashusho y’urukozasoni yakwirakwiye mu mpera za 2025.
Yampano wihariye imitwe y’ibitangazamakuru byo mu Rwanda muri 2025 ahanini kubera inkuru mbi zamwandikwagaho nyuma y’ishyirwa hanze ry’aya mashusho, yanashimangiye ko n’umubano usanzwe hagati ye na Uwineza utagihari.
Umuraperi Papa cyangwe yifatanyije n’umuhanzi Yampano mu bihe bikomeye ari kunyuramo nyuma yo guhishura ko yamaze gutandukana n’umukunzi we.
Ku munsi w’ejo ni bwo Yampano yahamirije ISIMBI ko yamaze gutandukana n’umukunzi we Uwineza Diane bari mu rukundo ndetse wanagaragaye mu mashusho y’urukozasoni yakwirakwiye mu mpera za 2025.
Yampano wihariye imitwe y’ibitangazamakuru byo mu Rwanda muri 2025 ahanini kubera inkuru mbi zamwandikwagaho nyuma y’ishyirwa hanze ry’aya mashusho, yanashimangiye ko n’umubano usanzwe hagati ye na Uwineza utagihari.
Inkuru irambuye sura https://bienvenudo.com