Biragoye ko namara ibyumweru bitatu ntakoze ahantu nka hatatu- Alto

By bienvenudo.com
9 hours ago

Biragoye ko namara ibyumweru bitatu ntakoze ahantu nka hatatu -Alto



Umuhanzi Alto yagaragaje ko nubwo adakunze kugaragara mu bitaramo cyane, bidasobanuye ko nta buryo afite bwa gukora ngo abyaze umusaruro ibihangano bye.

Mu kiganiro yagiranye na ‘B&B FM’, yavuze ko nubwo umuhanzi atagaragara mu bitaramo, aba afite ubundi buryo bwinshi yakwinjizamo amafaranga kandi menshi. Yavuze ko we afite ahantu henshi akura amafaranga, harimo no kuririmba mu bukwe.

Ati “Mfite ‘platforms’ zange kandi zikomeye…izo zaguha amafaranga, rimwe na rimwe ubukwe bw’abakire nkorayo, biragoye ko namara ibyumweru bitatu ntakoze ahantu nka hatatu. Rero urumva hari hamwe utinjiriza, ariko hari n’ahandi winjiriza bitewe n’ibyo ukora.”

Alto ni umwe mu bahanzi nyarwanda n'abahanga, gusa ni ni gake cyane agaragara mu bitaramo bikomeye mu Rwanda, bigatuma benshi babyibaza byinshi.

#bienvenudonews

Tags:

#update

Related Updates

WhatsApp Google Map

Safety and Abuse Reporting

Thanks for being awesome!

We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!

Have a great day!

Are you sure you want to report abuse against this website?

Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support

;