Diamond Platnumz yahishuye ko indirimbo ye na Ciara igiye kujya hanze
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Bongo Fleva, Diamond Platnumz, yemeje ko ari mu myiteguro yo gufata amashusho y’indirimbo nshya ari kumwe n’umuhanzikazi w’icyamamare ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Ciara.
Mu kiganiro Way Up with Angela Yee cya iHeart Radio muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Diamond yahishuye ko afite indirimbo nyinshi yakoranye n’abahanzi bakomeye bo muri Amerika ariko kugeza ubu zitari zasohoka.
Muri izo ndirimbo harimo izo yakoranye n’umuraperi NLE Choppa ndetse n’indi yakoranye na Swae Lee, zombi zikaba ziri hafi gushyirwa hanze.
Diamond Platnumz yahishuye ko indirimbo ye na Ciara igiye kujya hanze
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Bongo Fleva, Diamond Platnumz, yemeje ko ari mu myiteguro yo gufata amashusho y’indirimbo nshya ari kumwe n’umuhanzikazi w’icyamamare ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Ciara.
Mu kiganiro Way Up with Angela Yee cya iHeart Radio muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Diamond yahishuye ko afite indirimbo nyinshi yakoranye n’abahanzi bakomeye bo muri Amerika ariko kugeza ubu zitari zasohoka.
Muri izo ndirimbo harimo izo yakoranye n’umuraperi NLE Choppa ndetse n’indi yakoranye na Swae Lee, zombi zikaba ziri hafi gushyirwa hanze.
#Rwanda #bienvenudo#thechoicelive #thechoicedigital
#Rwanda #bienvenudo#thechoicelive #thechoicedigital