Select a date and time slot to book an Appointment
Date Of Appointment
Iby’ingenzi kuri Maj. Thomas Ritchie, umwera wa mbere winjiye muri RDF
Ku wa Mbere tariki ya 10 Ugushyingo 2025 ubwo i Kigali hatangirizwaga inama ya 19 y’Abayobozi b’Amashuri Makuru ya Gisirikare muri Afurika, Maj. Thomas Ritchie ari mu bitabiriye uyu muhango.

Uyu Ofisiye Mukuru kuri ubu ari muri mbarwa b’uruhu rwera babarizwa mu ngabo z’u Rwanda, ndetse mu myaka irenga 10 yabaye umwera wa mbere wambaye umwambaro wa RDF nyuma yo gusoza amahugurwa ya gisirikare.
Ku wa 19 Ugushyingo 2012, ni bwo Maj. Ritchie yinjiye muri RDF nka Sous-Lieutenant, nyuma yo gusoza amahugurwa agenewe abasirikare bo ku rwego rwa ba Ofisiye (officer cadet Course) yari amazemo umwaka urenga akorera mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’i Gako mu karere ka Bugesera.
Icyo gihe yari kumwe na bagenzi babarirwa muri 307, barimo 27 b’igitsina gore, ndetse yashimiwe nk’uwitwaye neza kurusha abandi mu gihe cy’amasomo.
Maj. Thomas Ritchie mu mpanuro bahawe na Perezida Paul Kagame, basabwe kurangwa n’indangagaciro ziranga igisirikare cy’u Rwanda (RDF), harimo umuco n’ikinyabupfura.

Iby’ingenzi kuri Maj. Thomas Ritchie, umwera wa mbere winjiye muri RDF
Ku wa Mbere tariki ya 10 Ugushyingo 2025 ubwo i Kigali hatangirizwaga inama ya 19 y’Abayobozi b’Amashuri Makuru ya Gisirikare muri Afurika, Maj. Thomas Ritchie ari mu bitabiriye uyu muhango.
Uyu Ofisiye Mukuru kuri ubu ari muri mbarwa b’uruhu rwera babarizwa mu ngabo z’u Rwanda, ndetse mu myaka irenga 10 yabaye umwera wa mbere wambaye umwambaro wa RDF nyuma yo gusoza amahugurwa ya gisirikare.
Ku wa 19 Ugushyingo 2012, ni bwo Maj. Ritchie yinjiye muri RDF nka Sous-Lieutenant, nyuma yo gusoza amahugurwa agenewe abasirikare bo ku rwego rwa ba Ofisiye (officer cadet Course) yari amazemo umwaka urenga akorera mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’i Gako mu karere ka Bugesera.
Icyo gihe yari kumwe na bagenzi babarirwa muri 307, barimo 27 b’igitsina gore, ndetse yashimiwe nk’uwitwaye neza kurusha abandi mu gihe cy’amasomo.
Maj. Thomas Ritchie mu mpanuro bahawe na Perezida Paul Kagame, basabwe kurangwa n’indangagaciro ziranga igisirikare cy’u Rwanda (RDF), harimo umuco n’ikinyabupfura.
November 11th 2025, 8:59 AM to August 7th 2027, 8:59 AM
We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!
Have a great day!
Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support