Perezida Paul Kagame ati nifuje ko twahura nko mugihe cy' amatora ariko kubera ibihe by' imvura nta byashobotse.

By BIENVENUDO Empire
yesterday

Perezida Kagame yatangiye kugeza ijambo ku baturage bateraniye muri BK Arena, avuga ko yifuzaga ko hitabira abaturage benshi ariko ko bitakunze kubera ibihe by’imvura.

Ati “Nari nifuje ko twahura nk’ubushize turi mu gihe cy’amatora, abaturage benshi bakaza nkabona umwanya wo kubasuhuza, kubashimira ariko bitewe n’igihe cy’imvura nabonye ko bitaba byiza kongera gushyira hamwe abantu ibihumbi 200, 300, 400 … ni yo mpamvu twahisemo guhamagara abantu bake n’abandi bahagarariye uturere bari hano.”

Tags:

#update

Related Updates

WhatsApp Google Map

Safety and Abuse Reporting

Thanks for being awesome!

We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!

Have a great day!

Are you sure you want to report abuse against this website?

Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support

;