by Bienvenido Info
February 21st 2025.

Perezida Trump na Zelensky batangiye intambara y'ubutita .
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky akomeje guterana amagambo na mugenzi wa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika Donald Trump bapfa intambara ibahuje n'u Burusiya. 

Kuri ubu Zelensky yarangije guhagarika muri Ukraine urubuga nkoranyambaga rwa Trump rwitwa Truth Social. 

Ibi bije bikurikira amagambo ya Trump yabwiye Zelensky ko ari 'Umunyagitugu' ku mpamvu z'uko manda ye yarangiye akanga ko haba amatora. 

Ibi kandi bije bikurikira ko Trump yahagaritse inkunga nyinshi Amerika yahaga Ukraine, ari nako Trump na Putin batangiye kuvuga uburyo intambara yo muri Ukraine yahagarara nyamara Ukraine ntiri gutumirwa muri ibyo biganiro, ibintu biri kuyirakaza cyane. 

#BeinvenudoNews

Bienvenido Info user

Bienvenido Info

[email protected]
Search Website

Search

Explore

Tags

Subscribe

Newsletter

WhatsApp Google Map

Safety and Abuse Reporting

Thanks for being awesome!

We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!

Have a great day!

Are you sure you want to report abuse against this website?

Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support