by Bienvenido Info
January 15th 2026.

Adel Amrouche wirukanwe na FERWAFA ashinjwa kuba yaragiye I Burayi ntaruhushya, ashobora kuba agiye kujyana ikirego cye muri FIFA

aha Adel 90% azatsinda FERWAFA kuko afite ingingo zimurengera 

1.Adel ntiyahemberwaga kugihe kuko harigihe amezi 3 yashiraga ntagashara:ibi Fifa ibyitaho cyane kubakinnyi cg abatoza badahemberwa igihe iyo anigendeye ntaruhushya we yiregura avugako byatewe nuko atahembwaga neza

2.Adel ntamasezerano yishe kuko yasinyiye kuzajyana U Rwanda mugikombe cya Africa muri 2027 kugezubu bisa naho aribwo yaratangiye AKAZI 

3.Adel ntiyafashwe neza mukazi nkuko amazerano ye abivuga kuko yari yemerewe imodoka yakazi ninzu yo kubamo

imodoka yakazi yagezaho arayamburwa ndetse na nyirinzu yari yamuhaye iminsi 15 ngo Abe yayisohotsemo kubera kumara amezi 3 atishyurirwa ubukode ibyo biri mubyakwica akazi kumutoza

Hari nizindi ngingo nyinshi zimurengera nubwo umusaruro we utari mwiza ark uyu mutaramu afite contract idadiye pe

Adel ngo aramutse atsinze FERWAFA muri FIFA yakwishyurwa million zirenga 600 zamanyarwanda🤔

Aya Yaba aramakosa yisubiyemo kuko uwitwa Jonathan Mackenstry nawe yishyuwe arenga million 300 atsinze FERWAFA muri fifa kubera kumwirukana binyuranyijwe namategeko

aha rero ubu ndi Minister nasaba Shema na committee yiwe guhita bikora mumufuka bakishyura ayamafranga kuko namafuti yabo.

ka dutegereze tuzarebe ibyamavubi pe

Bienvenido Info user

Bienvenido Info

[email protected]
Search Website

Search

Explore

Tags

Subscribe

Newsletter

WhatsApp Google Map

Safety and Abuse Reporting

Thanks for being awesome!

We appreciate you contacting us. Our support will get back in touch with you soon!

Have a great day!

Are you sure you want to report abuse against this website?

Please note that your query will be processed only if we find it relevant. Rest all requests will be ignored. If you need help with the website, please login to your dashboard and connect to support